Umuganura: Umurage Uhuza Amateka, Ubumwe n’Iterambere by’u Rwanda.
Mu gihe Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umuganura, benshi bawufata nk’umunsi wo gusangira umusaruro no kwishimira ibyagezweho. Nyamara, amateka agaragaza ko Umuganura urenze ibyo kurya no kwishima. Ni umurage ndangamuco umaze ibinyejana byinshi, ushingiye ku gushimira Imana, guha agaciro umurimo no gukomeza …
Ngewe rwose nashishikariza buri mu muntu wese kwiga iri somo kuko Malariya ni indwara izahaza benshi rero kuyimenyaho byinshi ni byiza ngewe sinarinazi ko hari izigaragara nyuma yi imyaka myinshi guto. Murakoze cyane kubwo ubumenyi.